Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2023, Polisi y’u Rwanda na RDB bafatanyije mu kurangira amahugurwa y’amezi abiri yaberaga mu Karere ka Rubavu ku bijyanye no gucunga umutekano wo mu mazi. Ni amah...
Mu Burundi hari amakuru avuga ko Polisi n’ingabo z’Uburundi boherejwe ku bwinshi aho radio na television z’iki gihugu bakorera. Kugeza ubu nta makuru aratangazwa kuri uko kugaragara ‘kudasanzwe’ cy’a...
Abashinzwe kurwanya inkongi muri Uganda bazindukiye mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yafashe imwe mu nyubako zo ku kibuga cy’indege cya Entebbe. Amakuru y’ibanze avuga ko imwe mu nyubako zibika imiti...
Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru habereye ibiganiro nyunguranabitekerezo byahuje Polisi y’u Rwanda, Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, RIB, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ry...
Mu nama ya mbere yakoranye n’abayobozi b’ibigo byigenga bicungira abantu umutekano, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabasabye gukora uko bashoboye imibereho y’abakozi babo ikaba myiza. N...
Stanis Bujakera Tshiamala usanzwe ukorera Jeune Afrique i Kinshasa amaze iminsi ibiri afunzwe. Yatawe muri yombi ku wa gatanu ubwo yari ku kibuga cy’indege cya N’Djili yitegura kujya i Lubumbashi mu...
Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu mpanuka zo mu muhanda zabaye kuva muri Mutarama kugeza muri Kamena mu 2023 hirya no hino mu gihugu izingana na 53% zatewe n’amagare na moto, zikaba ...
Abaturage baherutse gukorana na Polisi bafata abasore bakekwagaho ubujura bakoreye umuturage bamwambura frw 300,000 yari avuye kugurisha inka nyuma baramukubita bamugira intere. Ku bw’amahirwe abo baj...
Abashinzwe ubutabazi muri Afurika y’Epfo baraye kandi baramukira mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yaraye yadutse muri rimwe mu magorofa ari i Johannesburg. Abantu 52 nibo bamaze kubarurwa ko bahitany...
Taliki 29, Ukwakira, 2018 nibwo Commissioner of Police ( CP) John Bosco Kabera yatangiye imirimo mishya yo kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda. Yari asimbuye ACP Theos Badege wakomereje akazi muri Pol...









