Mu Kagari ka Rutabo, Umurenge wa Kinazi muri Ruhango hafatiwe abaturage batandatu Polisi ivuga ko bategaga abantu bakabambura. Ni ubujura Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Po...
Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora. Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibiny...
GASABO: Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jabana ifatanije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage yafashe Ngirabatware Ferdinand na Nyiranizeyimana Honorine bafite u...
Abatwara amagare bakorera mu mujyi wa Musanze basaga 100 bibukijwe ko kwirinda impanuka bakazirinda n’abandi ntawe bitagirira akamaro, Polisi ibasaba kujya babizirikana. Igare ni ikinyabiziga kitagira...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryafatiye muri Rusororo abagabo babiri bahetse kuri moto ibilo 31 by’urumogi bivugwa ko bari bavanye i Kirehe babishyiriye...
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police(CIP) Hassan Kamanzi atangaza ko hari abagabo umunani uru rwego rwafashe rubakurikiranyeho gutega abaturage igico bakabambura utwabo. ...
Mu mayeri menshi umugabo wo mu Mudugudu wa Cyangugu, Akagari ka Cyangugu mu Murenge wa Kamembe muri Rusizi ejo yavumbuwe na Polisi yiziritseho urumogi mu mugongo arenzaho imyenda. Hari saa cyenda n’i...
Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
Mu Mudugudu wa Kamuvunyi A, Akagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza habonetse umurambo w’umusore witwa Habukwiye Viateur w’imyaka 19 wari iminsi irindwi hatazwi irengero rye....









