Polisi iherutse kugaragaza abantu yafashe batwaye ibinyabiziga byakuwemo cyangwa byagabanyirijwe imbaraga z’utwuma turinganiza umuvuduko. Ni igikorwa ivuga ko ari kibi kuko gishyira mu kaga ubuzima bw...
Muri Nyabugogo hazindukiye impanuka y’ikamyo yahitanye umugore wari uteze igare, umunyonzi wari umutwaye akomereka bikomeye. Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda Superintendent...
Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 22 bafatiwe mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali bakurikiranyweho gukura mu modoka zabo utugabanyamvuguduko. Muri bo harimo abashoferi 18 bafashwe batwaye imod...
I Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahasanzwe habera imurikagurisha hari byinshi byiza biri kuhamurikirwa kandi birimo n’udushya. Birimo amasafuriya ashobora guhisha amafunguro vuba, serivisi zigenewe aba...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Musabyimana Jean Claude avuga ko imico mibi ikigaragara mu ba DASSO ikwiye gucika. Ikubiyemo ubusinzi no kuba bahohotera abaturage. Musabyimana yababwiye ko amahugur...
Abagize itsinda ry’urubyiruko rw’Abanyarwanda baba hanze yarwo baraye bakiriwe n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda baruganiriza ku mikorere yayo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko kuri uyu wa Mbere taliki 15, Nyakanga, 2024 ubwo habaga amatora, mu Rwanda hose haranzwe n’umutekano u...
Abakozi b’ikigo gicunga umutekano ku nyubako z’abikorera ku giti cyabo ndetse n’iza Leta kitwa ISCO baraye barangije amasomo yo gukumira no kurwanya inkongi baherwaga ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda ...
Imyaka itanu irashize Polisi y’u Rwanda itangiye kwifashisha camera zigenzura umuvuduko mu kurushaho gukumira ko abantu biruka bikaba byateza impanuka. Izo camera zikoresha ubwenge buhangano bita ‘Art...
Ibyo muri Kenya bikomeje kuyoborana nyuma y’uko urubyiruko rubyukiye mu yindi myigaragambyo ikomeye rwamagana Perezida Ruto. Kuri uyu wa Kabiri ibintu byari byongeye gukara mu mihanda minini ya ...








