Umuyobozi mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa DIGP VB Sano yasabye abamotari kurushaho kunoza isuku no gukora kinyamwuga. Yabibabwiriye mu nama yaraye imuhurije nabo kuri Kigali Pélé Stadium....
Polisi y’u Rwanda isobanura iby’imirongo y’umuhondo imaze iminsi ishyirwa mu masangano atandukanye y’imihanda iri hirya no hino mu Mujyi wa Kigali. Iyi mirongo igize icyo bise Yellow Box, mu Kinyarwan...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’iy’ubwami bwa Jordania. Ayo masezerano yasinyiwe mu ruzinduko rw’iminsi itatu umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoran...
Taarifa yamenye ko umuhanda wa Kigali- Rulindo wari wafunzwe kubera ikamyo yahakoreye impanuka wongeye kuba nyabagendwa. Ubwo impanuka yabaga byatumwe uba ufunzwe by’agateganyo kugira ngo Polisi iba...
Minisitiri w’Umutekano Dr. Vincent Biruta yabonanye na Polisi ku nshuro ya mbere kuva yajya muri izi nshingano ayisaba guhagurukira ubuzererezi n’ibiyobyabwenge. Ni ikiganiro yagiranye n’ubuyobozi buk...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo habereye iturika rya gazi umuriro wangiza byinshi. Inzu yahiye iri mu Kagari ka Kamatama, Umudugudu wa Nyarukurazo. Ababonye iyi nkongi bavuga ko umuriro warus...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo ivuga ko ibikenewe kugira ngo amatora y’Umukuru w’igihugu akorwe mu mutuzo no mu mucyo bitarabona bityo ko adashoboka. Ni inshuro ya gatatu ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo but...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kubona imbangukiragutabara zihagije, Guverinoma y’u Rwanda yaraye igejeje ku bitaro bitandukanye imbangukiragutara 114. Intego ni uko imbangukiragutabara imwe yajya iha ...
Inkongi ni irindi zina bita umuriro ariko yo ikaba umuriro myinshi ushobora gutwika ibintu byose ukabikongora. Uwo muriro uterwa na byinshi bitewe n’aho uteye uturuka ariko nko mu mijyi ukunze guterwa...
Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya. Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiy...









