Mu masaha make ashize Polisi y’u Rwanda yasubije Umuyapanikazi ibyuma by’ikoranabuhanga yari aherutse kwibwa. Polisi y’u Rwanda yafashe abantu batatu ikekaho uruhare muri ubwo bujura. Umuyapanikazi wa...
Mu Murenge wa Mushikiri Akagari ka Bisigara, Umudugudu w’Umutuzo biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 200 bazirambika aho barigendera. Ni insina zo mu rutoki rwa Théoneste Ntahompagaze....
CG Felix Namuhoranye uyobora Polisi y’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we uyobora Polisi ya Seychelles witwa Commissioner of Police (CP)Ted Barbe. Barbe ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. ...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryaburiye abamotari batendeka ko nibatabireka bagomba kwitega ibihano biremereye. Polisi ivuga ko amakosa akorwa n’abamotari akomeje kwiy...
Umuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana. Akurikiranyweho ibyaha birimo ...
Kadoyi Albert usanzwe utwara ikamyo bivugwa ko afungiye muri gereza ya Uganda nyuma yo gukora impanuka ubwo yari atwaye impu ava i Mombasa muri Kenya. Taliki 09, Mata, 2024 nibwo yafunzwe ariko impa...
Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na RIB, hari abantu 45 barimo abasore n’inkumi biganjemo abo mu Murenge wa Nyakarenzo mu Karere ka Rusizi bafashwe. Bari basanzwe batekera abantu imitwe kuri telefon...
Mu Murenge wa Kiyumba mu Karere ka Muhanga haravugwa abantu biyise Abamonyo batega abantu batashye mu kabwibwi bakabambura utwabo bakanabakubita bikomeye. Bamwe mu batuye ako gace bakoresha umuhanda u...
Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza. Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hak...
Urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali rwaraye ruhuguwe na Polisi ku bumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire ibarinda mu gihe bawuk...









