Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Dan Munyuza yasabye abapolisi bagiye kujya mu butumwa bw’amahoro kuzaharanira gusohoza inshingano zabo kinyamwuga, bagahesha ishema igihugu cyabo. Ni impanuro yah...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, mu bihe bitandukanye hafashwe bamwe mu bakekwaho ubujura bwari bumaze iminsi buvugwa mu mirenge ya Shyogwe na Nyamab...
Hagati yo ku Cyumweru no ku wa Mbere inzego z’umutekano zataye muri yombi abantu 12 barimo umwe wahoze ari umusirikare, bakekwaho ko bafatanyije mu kwica umugore bagatwara amafaranga. Babafashe ...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 12 bakekwaho kwiba bakoresheje intwaro mu bihe bitandukanye, harimo n’aho bakekwaho ko bishe umuntu muri ibyo bikorwa. Polisi kuri iki Cyumweru y...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Gicumbi na Nyamasheke ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe abantu batatu, bakekwaho kuba mu bakwirakwizaga urumogi muri utwo turere baruva...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19 mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali, mu byumweru bitatu bishize hafunzwe utubari 73. Ni imibare P...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufata abantu barindwi bakurikiranyweho kwiba batiri 32 ku minara y’itumanaho ya IHS RWANDA Ltd. Polisi yatangaje ko gushakisha abibaga izo batiri bya...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yavuze ko hari abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, ku buryo mu byumweru bibiri bishize hafashwe abantu hafi 80.0...
Abapolisi 80 b’u Rwanda bagiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Malakar muri Sudan y’Epfo, babisikana na bagenzi babo 80 bari bamazeyo umwaka. Abagiye bahagurutse ku Kibuga Mp...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera yagaruje 2.000.000 Frw z’uwitwa Karegeya Sandrine, bikekwa ko yari yibwe n’umusore w’imyaka 32. Ayo mafaranga yabuze ku wa 2...









