Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge mu mujyi wa Kigali ryafashe abantu batatu bafite udupfunyika 1,253 tw’urumogi bafatirwa mu bice bitandukanye by’uyu Mujyi. Tariki 23, Nzeri, 2...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16, Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze- k’ubufatanye n’izindi nzego- yakoze umukwabo wo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko mu Mirenge ya Mu...
Mu rukerera rwo kuwa Tariki 12, Nzeri, 2025, abagabo babiri bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bavugwaho ko bateye urugo rw’umuturanyi bashaka kumwiba ihene, abahungu be baratabara ba...
Mu rukererera rwa Tariki 14, Nzeri, 2025 muri Gakenke hafatiwe abantu batandatu bacukura gasegereti na colta mu buryo butemewe n’amategek bafatanwa n’abakiliya babo. Polisi ivuga ko bacukuraga ...
Kuri X/Twitter, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yamaze gufata umwe mu bantu batatu baherutse kugaragara bahohotera umugore mu buryo bugagaraza ubugome. Abandi nabo iracyabahiga. Itangazo ryayo ri...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko Ariel Wayz afunganywe n’undi muhanzi witwa Babo( ni Umunyarwandakazi ufit...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Tariki 11 Nzeri, 2025 Polisi mu Karere Ka Rulindo mu Murenge wa Masoro yafashe umugabo ivuga ko yari aje kugura amabuye y’agaciro acukurwa mu buryo butemewe. Y...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 06, Nzeri, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze k’ubufatanye n’abaturage yafunze ahakorerwaga inzoga bita Karigazoke, uwazikoraga arafungwa nazo ziramenwa. Hamenwe litiro ...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryongeye gutangaza ko mu bihe bitandukanye u rwafashe abantu bafite urumogi rupfunyitse mu dupfunyika 876. Bafashwe baruz...
Intabaza abacururiza mu isoko rya Kimironko bagejeje kuri Polisi mu minsi yashize niyo yatumye mu minsi ibiri ifata abantu ikekaho ubujura muri iri soko. Polisi yafashe abo bantu 29 hagati y’ita...









