Perezida w’u Burundi Evaritse Ndayishimiye yavuze ko mu gihugu cye hari abigira ibihangange bakumva ko bashobora kumuhirika k’ubutegetsi ariko yabasabye gusubiza amerwe mu isaho. Yabivugiye mu birori ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye i Riyad muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwo gutsura umubano n’iki gihugu kiri mu bifite petelori nyinshi kurusha ibindi ku isi....
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...
Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka...
Uganda na Tanzania bari businye amasezerano y’ubufatanye mu gucukura ibikomoka kuri Petelori, bizacungwa na Leta z’ibihugu byombi ariko bigakorwa na Sosiyete y’Abafaransa, Total. Ni umushinga wo kubak...



