Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko izamuka ry’igiciro cya Essence ku rwego rw’isi ryatumye n’u Rwanda ruzamura icyo giciro, cyiyongeraho Frw 122. Icyakora igiciro cya Mazout cyo cyagumye kuba uk...
Ibrahim Raisi uyobora Iran azasura Uganda mu minsi ibiri iri imbere. Azabanza gusura Kenya akurikizeho Uganda azakomereze muri Zambia. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ug...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...
Ubutegetsi bw’i Kampala buvuga ko bufite umugambi wo gukorana na DRC mu gucukura no gutunganya ibikomoka kuri Petelori na Gazi biboneka mu bihugu byombi. Minisitiri ushinzwe ingufu muri Uganda witwa R...
Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu. Uru...
Umuhanga mu by’ubukungu w’Umunyarwanda witwa Teddy Kaberuka yabwiye Taarifa ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biri kugabanuka nk’uko RURA imaze kubitangaza inshuro ebyiri, bitavuze ko ibici...
Ubuyobozi bwa Arabie Saoudite bwatangaje ko bwamaze gusinyana amasezerano n’u Bushinwa ko Ryad izubaka mu Bushinwa uruganda rutunganya Petelori n’ibiyikomokaho. Ruzaba rufite agaciro ka Miliyari $12,...
Patrick Jean Pouyanné uyobora Ikigo cy’Abafaransa gicukura kandi kigatunganya ibikomoka kuri Petelori ari hafi gusura aho ikigo cya Leta y’u Bufaransa TotalEnergies gikora iriya mirimo muri Cabo Delg...
Aliko Dangote yubatse uruganda rwa mbere runini muri Afurika ruyungurura ibikomoka kuri Petelori. Ruzatahwa taliki 24, Mutarama, 2023 na Perezida wa Nigeria Muhamud Buhari. Ni urwa mbere muri Afurika...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori bidasiba kuzamuka kubera ibibazo biri hirya no hino ku isi, muri Kicukiro no muri Nyarugenge hari abo Polisi iherutse gufata barabyibye babibika mu ngo zabo ...









