Minisitiri muri Uganda ushinzwe iby’ingufu no kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro witwa Ruth Nankabirwa aherutse kubwira itangazamakuru ko hari ahantu 74 hamaze gutunganywa ngo hazacukurwe ibikomoka k...
Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byatangajwe kuri uyu wa Gatatu 07, Kanama, 2024, ariko biza gutangira gushyirwa mu bikorwa saa moya za nimugoroba (07h00) bivuga ko litiro imwe ya lisan...
Abashinzwe kurinda ibidukikije hirya no hino ku isi basaba Guverinoma ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuba ihagaritse ipiganwa yashyizeho ngo abashaka gucukura petelori na gazi batange am...
Nyuma gutsinda amatora aheruka, Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi yahisemo gutangirira mu Burusiya ingendo ze zo mu muhanga. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kongera kureshya Uburusiy...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe zimirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA) rwatangaje ko mu gihe cy’amezi abiri ari imbere, ni ukuvuga guhera 05 Kamena 20...
Umwe mu mishinga minini iteganyijwe kuzakorwa mu ngengo y’imari ya 2024/2025 ni uwo kubaka Ibigega binini bya essence na petelori mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ibyo bigega bizaba b...
Abahanga bo mu kigo cyo muri Portugal kitwa Portuguese Oil Company Galp Energia bavuga ko bavumbuye petrol mu nkengero za Namibia. Namibia iri mu Majyepfo y’Afurika, abahanga bakavuga ko petelori bah...
Ushingiye ku giciro cyashyizweho na RURA, uhita ubona ko litiro ya essence yagabanutseho Frw 3 kuko yari isanzwe igura Frw 1,639, ariko guhera taliki 12, Gashyantare, 2024 izagura 1,637 mu gihe mazout...
Ebrahim Raisi yageze i Moscow mu Murwa mukuru w’Uburusiya agiye kuganira na Vladmir Putin ku ngingo zirimo n’iby;intambara imaze iminsi hagati ya Israel na Hamas muri Gaza. Ku byo baganira harimo n’in...
Ikigo gitanga essence na petelori kitwa Société Pétrolière, SP, cyafunguye station muri Tanzania mu rwego rwo gufasha abakoresha imihanda y’aho kubona biriya bikomoka kuri petelori. Ku rukuta rwa Twit...








