Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, ubwo yasobanuraga iby’impinduka ku biciro ku bikomoka kuri Petelori byaraye bitangajwe, yavuze ko impamvu bitangazwa buri mezi abiri ari uko ari cyo gihe ...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse kwemeza ko hatangizwa inyigo yo kumenya no gutangira gucukura petelori mu mariba 52 mashya. Inama y’Abaminisitiri yataranye tariki 02, Gicurasi...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko abakozi 20 bo mu bucukuzi bwa peteroli baguye mu mpanuka y’indege harokoka umwe. Bivugwa ko mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kane ari bwo yabaye ubwo habur...
Kamanzi Francis uyobora Ikigo gishinzwe mine, gazi na petelori, Rwanda Mining Board, yemeza ko mu kiyaga cya Kivu harimo amariba 13 ya Petelori ariko hakirebwa uko yacukurwa. Yabitekerereje Abadepite ...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Mu kigo Vivo Energy Rwanda basaba abafite stations zicuruza ibikomoka kuri Petelori gukorana nabo kugira ngo babarebere niba nta binyabutabire bidakwiye bibirimo. Umukozi wacyo witwa Felix Ufiteyezu a...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwatangaje ko guhera kuri uyu wa kabiri ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byongeye kugab...
Kuri uyu wa Mbere Uganda yabonye impombo za mbere izifashisha mu kubaka umuyoboro w’ibikomoka kuri Petelori izacukura mu minsi iri imbere. Zimwe muri izo mpombo zizajya zivana muri Uganda ibikom...







