Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka 24 ishize. Putin yaherukaga gusura Koreya ya ruguru mu mwaka wa 2000. Umubano ...
Perezida Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kureka kugoreka Ikinyarwanda nkana. Avuga ko bibabaje kuba hari urubyiruko rufata Ikinyarwanda rukakivanga n’Ikirundi, Ikigande, Ikinyecongo n’izindi ndi...
Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga indahiro y’abayobozi bashya baherutse gushyirwa muri Guverinima, Perezida Kagame yabasabye gukorana imbaraga no gukorana hagati yabo kandi bakazirikana ko umwanya barimo...
Perezida Kagame yaraye ahuye na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi uri mu bayoboye Inama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza. Yagiranye ibiganiro n’a...
Saulos Chilima wari Visi Perezida wa Malawi yapfanye n’abantu icyenda bari bari kumwe muri kajugujugu iherutse gukora impanuka. Iby’urupfu rwe byatangajwe na Perezida wa Malawi Lazarus Cha...
Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ibyo yemeranyijeho na Israel kugira ngo intambara ya Gaza ihagarare. Ni ingingo ubutegetsi bwa Washington buvuga ko ziramutse zikurikijwe byatanga amahoro aramb...
Ku rukuta rwe rwa X, Dr. Frank Habineza yatangaje ko yagejeje kuri Komisiyo y’amatora inyandiko ebyiri zaburaga mu idosiye yo gusaba kwemererwa kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubuka mu matora abura ...
Nyuma y’amakuru yavuguruzanyaga ku rupfu rwa Ibrahim Raisi wayoboraga Iran, ubu aremeza ko uyu muyobozi yapfanye na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga witwa Hossein Amir-Abdollahian...
Komisiyo y’igihugu y’Amatora yatangaje ko kugeza ubu umuntu umwe ari we wamaze kuyigezaho inyandiko zikubiyemo ukwiyamamaza kwe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uwo akaba ari Paul Kagam...
Perezida Kagame yakiririye mu Biro bye Perezida wa Kenya William Ruto. Ruto ari mu Rwanda mu nama mpuzamahanga yiswe Africa CEO Forum. Iyo nama kuri uyu wa Kane nibwo yafunguwe na Perezida Kagame. Kur...









