Ubuyobozi bwa Venezuela bwafunze Abanyamerika batatu, abanya Espagne babiri n’umuturage umwe wa Repubulika ya Czech. Abo bose bubashinja gushaka guhirika ubutegetsi bwa Maduro uherutse kwemezwa na Ko...
UDPS ni ryo shyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu myaka irenga itanu ishize. Icyakora ngo ubu ririmo amacakubiri akomeye. Ababirebera hafi bavuga ko intandaro y’uwo mwuka ...
Mu nama yihariye iherutse guhuza intumwa z’u Rwanda zari ziyobowe na Perezida Paul Kagame zigahura n’abayobozi bakuru b’Ubushinwa, hemejwe ko imikoranire ikwiye gukomezwa . Ni imikoranire izibanda ku ...
Uwo ni Musenyeri Dr. Laurent Mbanda usanzwe uyobora Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda. Mbanda yasimbuye Musenyeri Philippe Rukamba ku buyobozi bw’Umuryango uhuza Amatorero, Amadini na Kiliziya (Rwand...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo ivuga ko ibikenewe kugira ngo amatora y’Umukuru w’igihugu akorwe mu mutuzo no mu mucyo bitarabona bityo ko adashoboka. Ni inshuro ya gatatu ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo but...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yatanze indahiro ye ko azakomeza kurinda u Rwanda no gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Ni bimwe mu bigize indahiro ye nka Perezida wa R...
Perezida wa Brazil Lula Da Silva yatangaje ko igihugu cye kiri mu kababaro kenshi nyuma y’ihanuka ry’indege yari itwaye abantu 62 bose bakaba bapfuye. Ni indege y’ikigo kitwa Voepass, ikaba yagize iyo...
Joe Biden yabwiye ABC News ko abamusaba kuva ku butegetsi bataramuha impamvu nyazo zo kubikora. Abanyamakuru bavuga ko yakoresheje kiriya kiganiro mu rwego rwo gutuma abamusaba kwegura bacisha macye. ...
Abayobozi bo hejuru mu ishyaka rya Abademukarate baraganira bikomeye ku byo baherutse kubona nabi ubwo Joe Biden yisobanuraga ku bibazo bikomereye igihugu cye. Hari mu kiganiro mpaka cyayobowe n’...
Vladmir Putin yageze Pyongyang muri Koreya ya ruguru mu ruzinduko azaganiriramo na mugenzi we Kim Jong Un ku ngingo zirebana n’umutekano ibihugu byombi byiyemeje gufatanyamo. Ibihugu byombi byiyemeje ...









