Dr. Pierre Damien Habumuremyi yashimiye Perezida Kagame waraye umugize umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye z’igihugu, amushimira ko yongeye kumuha amahirwe. Kuri X yanditse ati: “Bivuye ...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri ni uw’uko Dr. Pierre-Damien Habumuremyi aba umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye kagira inama Umukuru w’igi...
Nk’uko byari biteganyijwe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane i Maputo mu Murwa mukuru wa Mozambique hakozwe imyigaragambyo ikomeye yiganjemo urubyiruko rushyigikiye umukandida wo mu ishyaka ritavuga rum...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade y’u Rwanda mu Murwa mukuru wa Mozambique, Maputo, ifunze imiryango by’agateganyo. Ni icyemezo kizamara iminsi ibiri nk’uko Minisiteri ...
Visi Perezida wa Guinée Equatoriale Teodoro Obiang Nguema Mangue yanditse ku rubuga X ko bagiye guhagarika abayobozi bose bagaragaye bakorera imibonano mpuzabitsina mu Biro bya Minisitiri. Hari amas...
Ubutegetsi bwa Mozambique bwatangaje ko Venâncio Mondlane uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yamaze guhungira muri Afurika y’Epfo. Yahunze nyuma y’uko abo mu ishyaka rye bigaragambije baka...
Gutoza ingabo za DRC, imihanda ihuza Uganda na DRC, gukomeza kurwanya ADF, intambara na M23… biri mu byo umuntu yavuga ko byajyanye Perezida Felix Tshisekedi muri Uganda ngo abiganireho na mugenzi we ...
Perezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize aba ahinyuje atyo abavugaga ko yapfuye bikagirwa ibanga. Televiziyo ya Leta...
Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia yaraye yemeye ko Sahle-Work Zewde wari Perezida wa Repubulika asimburwa na Taye Astike Selassie. Muri Ethiopia, Minisitiri w’Intebe niwe uba ufite ububasha b...
Perezida Kagame yagiranye na mugenzi we uyobora Singapore witwa Tharman Shanmugaratnam ibiganiro uko imikoranire hagati y’ibihugu byombi yarushaho gutezwa imbere. Ni imikoranire igomba kuzamuka mu bu...









