Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe. Moha...
Inama ikomeye y’umutekano yayobowe na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yanzuye ko nta Ambasaderi cyangwa undi uhagarariye Umuryango mpuzamahanga uzongera kurenga i Kins...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, mu minsi iri imbere ateganya uruzinduko mu Rwanda, rushobora kuzaba hagati ya Mata na Gicurasi 2021. Amakuru avuga ko Perezida Macron azasura u Rwanda mu ...
Amatora aherutse guhuza abasirikare bakuru ba Uganda yo gutora abagize Inama Nkuru ya Gisirikare yatoye abasirikare bakuru bagomba guhagarira ingabo Mu Nteko. Muri bo harimo Gen Muhoozi, Gen Elwelu n&...
Mu ijambo rito yagejeje ku baturage be bari baje mu Misa yabereye kuri Paruwasi ya Murayi kuri iki Cyumweru, Perezida Evariste Ndayishimiye yabwiye Abarundi ko bagomba gusenga Imana ikabafasha mu muha...
Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku ...
Umugabo witwa Jerôme Tumusifu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gukubita uwitwa Etienne Musabyemahoro w’imyaka 15 bikamuviramo urupfu. Abamuzi babwiye Taarifa ko...
Imyaka igiye kuba 30 u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kugeza ubu ni igihugu kiri gutera imbere n’ubwo hatabura ibitotsi birimo na bamwe mu bayobozi bakurikiranwaho ruswa. Louise Mushik...
Amakuru ava ku mupaka wa Eritrea na Ethiopia avuga ko hari abasirikare benshi ba Eritrea bahorejwe ku mupaka wayo na Ethiopia. Hari ubwoba ko Eritrea ishobora kwinjira mu ntambara bikaba byatuma intam...
Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo yasimb...









