Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi kamaganiye kure ikifuzo cya Perezida wa Somalia cy’uko yaba agumye ye ku butegetsi mu gihe hari ibibazo bya Politiki biri mu gihugu cye. Mu Cyu...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bwana Felix Tshisekedi ari mu rindi hurizo ry’uburyo yacururutsa abamufashije gusenya ishyaka rya Kabila, ubu batishimiye ko batagaragaye mu myanya ikome...
Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu. Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021. Aba...
Nyuma y’uko hasohotse inyandiko irimo ibyo abanyamateka b’Abafaransa batangaje ko birimo kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yabanjirije Jenoside yakorewe Abatutsi, Jenoside ubwayo na nyuma yayo...
Nyuma yo kumva ibyo ubushinjacyaha burega Bwana Benyamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, uwahoze ayobora ikinyamakuru Walla cy’i Yeruzalemu yabwiye urukiko ko Netanyahu yabashyira...
Nyuma y’uko atsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu wa USA aheruka, ndetse akirukanwa burundu kuri Twitter, Bwana Donald J Trump yatangije Ibiro Bye bizajya bikurikirana umurage yasize akiri Perezida wa ...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...
Mu gihe abatuye Kenya bitegura gutora Umukuru w’Igihugu, ubu umwuka wa politiki watangiye gushyuha. Visi Perezida wa Kenya witwa William Ruto ubwo yiyamamazaga yabwiye abamushyigikiye ko arakazwa n’uk...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye yemereye abashakashatsi mu mateka y’umubano hagati y’igihugu cye na Algeria kugera ku nyandiko zivuga ibyo abasirikare b’u Bufaransa bakoreye Abanya...
Perezida wa Angola João Lourenço yaraye yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Centrafrique Madamu Baipo Temom Sylvie baganira uko ibintu byifashe muri Centrafrique. Nyuma y’ibiganiro João Loure...









