Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...
Perezida Paul Kagame ari i Nouakchott umurwa mukuru wa Mauritania mu nama nyafurika yiga ku burezi no gushakira imirimo urubyiruko. Yateguwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ku bufatanye n’Ishami r...
John Dramani Mahama wigeze kuyobora Ghana niwe wongeye gutorerwa uwo mwanya ukomeye kurusha indi muri Ghana. Uwo bari bahanganye witwa Mahamudu Bawumia , akaba yari asanzwe ari Visi Perezida we, yemey...
Komisiyo y’amatora muri Namibia yatangaje ko Netumbo Nandi-Ndaitwah wo mu ishyaka SWAPO riri ku butegetsi muri Namibia yatsinze amatora y’Umukuru w’igihugu. Netumbo-Nandi-Ndaitwah yabonye amajwi areng...
Umunyamerika w’icyamamare mu gusetsa ku rwego rw’isi Steven Harvey yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi avuga ko burya imbabazi ari ingenzi mu kubanisha abantu. Yakomozaga ku mbabazi abarok...
Abo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe batari babanye neza, bahisemo kwihuza ngo babangamire gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Lambert Mende Omalanga wigeze kuba Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ubwo yategekwaga na Joseph Kabila Kabanga, yaraye ahuye na Perezida Museveni. Bahuriye mu Biro bya Perez...
Perezida Paul Kagame yasabye ibyamamare kubaha Ikinyarwanda bikakivuga mu kibonezamvugo cyacyo, batakishe kugira ngo bibe ari byo bituma abantu babumva ko ari ‘abastar’. Hari mu ijambo yagejeje ku bag...
Perezida w’Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yatangaje ko agiye kurega The New York Times, CBS, The Washington Post n’ibindi binyamakuru kuko byamusebeje kuwo bari bahanganye. Arasaba ko nibitsind...









