Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...
Suluhu Samia uyobora Tanzania ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burundi. Asuye u Burundi mu gihe hari hashize igihe gito Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yemeranyije na mugenzi we w’u Burundi ko azubaka...
Mu gihe ibihugu biherereye mu Majyepfo y’Afurika bigize Umuryango w’ubufatanye The Southern African Development Community (SADC) byari bikiganira ngo byemeze igihugu kizayobora umutwe w’ingabo z’uriy...
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Haïti, Martine Moïse yavuze ko iyicwa ry’umugabo we ryakozwe ‘mu kanya nk’ako guhumbya.’ Ni ubutumwa aherutse gutambutsa kuri Twitter akoresheje ijwi rye yahacishije....
Umuyobozi wa Polisi ya Haïti yatangaje ko abantu bane bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Perezida wa kiriya gihugu barashwe nyuma yo gushaka gucika. Perezida Jovenel Moïse yishwe mu ijoro ryo kur...
Saa cyenda n’igice ku isaha y’i Kigali Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Nyakanga, 2021 nibwo Isaac Herzog yarahiriye kuyobora Israel nka Perezida wayo. Ni Perezida wa 11 wa Israel, usimbuye R...
Jovenel Moïse wayoboraga Haïti yiciwe iwe n’abantu kugeza ubu butaramenyakana ariko amakuru avuga ko baje bavuga Igisipanyolo. Amakuru avuga iby’iyicwa rye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe. ...
Abakozi b’Ishami ry’ubutasi imbere muri Israel ryitwa Shin Bet bambitse Perezida wa kiriya gihugu Reuven Rivlin ubwanwa burebure bufashe ku matama n’umusatsi w’umukorano, bamuha n’ikoti kugira ngo ate...
Hasigaye imyaka itanu ngo Leta zunze ubumwe z’Amerika zizihize imyaka 250 zimaze zigenga. Hazaba ari tariki 04, Nyakanga, 2026. Ambasaderi wazo mu Rwanda Peter Vrooman yaraye atangaje ko Amerika yifat...
Mu gihe u Bushinwa bwitegura kwizihiza ikinyejana( imyaka 100) ishyaka riri ku butegetsi ritangiye kubuyobora, Perezida Xi Jinping yavuze ko kuva ririya shyaka ryashingwa, ryakoze ibyo andi mashyaka k...









