Imibare yaraye itangajwe na kimwe mu bigo bya Kenya bikora ibarurishamibare, yerekana ko ibyo iki gihugu gitumiza muri Tanzania byazamutse cyane kurusha ibyo koherezayo. Ni imibare yasesenguwe guhera ...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasinye iteka rishyira mu kiruhuko cy’izabukuru ba Ofisiye bakuru 36 bo mu Ngabo z’u Burundi, barimo batanu bo ku rwego rwa General na ba Colonel 29. Muri ab...
Ibiro bya Perezida wa Mozambique byatangaje ko Perezida Filipe Nyusi n’umugore we Isaura Nyusi bombi banduye icyorezo COVID-19. Byasohotse mu itangazo biriya biro byasohoye mu ijoro ryacyeye. Icyakora...
Perezida wa Somalia Mohamed Abdullahi Mohamed yategetse ko Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu witwa Mohamed Hussein Roble ava mu kazi. Abo mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Somalia bavuga ko kiriya c...
Ikamyo yari ipakiye ibikomoka kuri Petelori yaturikiye mu nkengero y’Umurwa mukuru wa Sierra Leone witwa Freetown umuriro utwika bikomeye abantu. Hamaze kubarurwa abantu 91 bapfuye bazize iriya nkongi...
Umwe mu bacamanza b’i Harare muri Zimbabwe yategetse ko umurambo wa Robert Mugabe wahoze ayobora Zimbabwe utabururwa ugashyingurwa mu irimbi ry’igihugu. Yari yarashyinguwe mu isambu ku ivuko ahitwa Ku...
Kuri iki Cyumweru tariki 05, Nzeri, 2021 Perezida Paul Kagame azaha ikiganiro Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Clèophas Barore niwe uzamwakira. Taarifa yamenye ko imwe mu ngingo izibandwaho m...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan avuga ko ubwo yabaga Umukuru w’Igihugu, hari bamwe bavugaga ko atazabishobora kuko ari umugore. Yemeza ko ubu amaze kwerekana ko abishoboye kandi ko ibyo akor...
Bwana Sean Spicer wigeze gukorana na Donald Trump ubwo yari Perezida wa Amerika avuga ko uyu mugabo agifite akayihayiho ko kugaruka kwiyamamariza kuyobora Amerika ndetse ngo azabikora mu mwaka wa 2024...
Ubushinjacyaha bukuru bwa Madagascar bwemeza ko hari Abafaransa babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho gucura no gushyira mu bikorwa umugambio wo kwica Perezida wa kiriya gihugu ariko waburijweho. ...









