Umukuru wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló ubu ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Uyu mugabo utamaze igihe kinini ayobora kiriya gihugu mu minsi ishize yararusimbutse ubwo bamwe mu basirikare b...
Perezida wa Cameroun Paul Biya yategetse ko uwatozaga Ikipe y’igihugu avanwaho agasimbuzwa icyamamare Rogobert Song. Iyi kipe yari isanzwe itozwa n’umugabo ukomoka muri Portugal witwa Toni Conceição k...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye Umuyobozi mu Kigo mpuzamahanga giteza imbere itumanaho witwa Doreen Bogdan-Martin. Ashinzwe ishami riteza imb...
Zelenskyy uyobora Ukraine yabwiye u Burusiya ko igihe kigeze ngo bubone ko Ukraine atari agafu k’imvugwarimwe, ko ari igihugu kigenga kandi gishobora kwihagararaho. Yabwiye Vladmir Putin ko burya uguh...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye bagenzi be bitabiriye Inama ihuza Afurika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ko imiyoborere mibi ari imungu ituma igihugu kizahara mu ngeri zose. Yabivugiye mu Nan...
Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika hatangira gukorerwa inkingo. Ni inama kandi yitabiriwe na P...
Domitien Ndayizeye wayoboye u Burundi asimbuye Pierre Buyoya guhera mu mwaka wa 2003 kugeza mu mwaka wa 2005, aherutse gutorerwa kujya mu Ntako y’Inararibonye z’Afurika zitanga inama kubyerekeye...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 abasirikare bikoze bafunga Perezida wa Burkina Faso Roch Marc Christian Kaboré. Amakuru aturuka mu Murwa mukuru, Ouagadougou, avuga ko mbere yo...
Jean-Marc Kabund yatangaje ko yeguye ku nshingano ze kubera icyo yise agasuzuguro no gucishwa bugufi. Yafashe iki cyemezo nyuma y’uko abapolisi bamurinda bakubiswe n’abasirikare barinda Perezida wa Re...
Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri muri Kenya w...









