Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwiyamamariza kuzayobora Kenya, William Ruto yatangaje ko natsinda amatora azashyiraho urukiko rwihariye rwo kuburanisha Uhuru Kenyatta kubera ibyaha amushinja ko yakoze ...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko ubwo Perezida Museveni yari ari mu Rwanda yitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu bivuga Icyongereza, CHOGM, umwe mu basirikare bakuru yizera yaramutabaye aburizamo Coup d’...
Luxembourg ni igihugu gito kiri rwagati mu Burayi. Ni gito mu buso kuko gifite ubuso bwa kilometero kare 2,586. Ibi bituma Luxembourg iba ari cyo gihugu gito mu bindi byose bigize u Burayi. Muri uyu m...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ikigo cy’ubushakashatsi ku ngagi cyubatswe k’ubufatanye na Ellen DeGeneres kiri ahitwa mu Kinigi mu Karere ka Musanze, yavuze ko kiriya kigo ki...
Ibiro bya Minisitiri Pritti Patel ushinzwe ibibera imbere mu gihugu cy’u Bwongereza byatangarije BBC ko taliki 14, Kamena, 2022 ari bwo indege izanye abamukira bavuye muri kiriya gihugu bagiye mu Rw...
Raila Odinga yatangaje ko mu bikorwa bye byo kwiyamamariza kuyobora Kenya azakorana na Madamu Martha Wangari Karua. N’ubwo icyizere cy’uko ari we uzatorwa gishobora kuraza amasinde, ariko kugeza ubu ...
Ibiro By’Umukuru w’u Burundi byatangaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye yahaye abanyamakuru nomero bashobora kumuhamagaraho bakamubaza ibibazo biremerereye igihugu. Birashoboka ko ari umwe mu bakuru...
Nicolas Sarkozy na François Hollande bigeze kuyobora u Bufaransa batumiwe mu muhango wo kurahira kongera kuyobora u Bufaransa ugiye gukorwa na Emmanuel Macron. Ari Macron ari na Sarkozy bombi muri iki...
Perezida w’u Bufaransa uherutse kubitorerwa Emmanuel Macron azarahira mu mpera z’iki Cyumweru taliki 07, Gicurasi, 2022 nibwo azarahirira inshingano zisubiyemo zo kuyobora u Bufaransa. Ikinyamakuru cy...
Miss Divine Nshuti Muheto, Miss Naomie Nishimwe na Miss Jolly Mutesi bari mu bifatanyije na Madamu Jeannette Kagame muri siporo rusange yabaye kuri iyi taliki ya 01, Gicurasi, 2022 ku munsi wo ku Cyum...









