Kuwa Mbere Taliki 12, Nzeri, 2022 wari umunsi bigaragara ko wari mo gahunda nyinshi z’akazi z’Umukuru w’u Rwanda. Mu masaha ashyira saa sita z’amanywa Perezida Kagame yatangije Inama mpuzamahanga yiga...
Ubutumwa Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi buvuga ko ari bwo bwa mbere mu buzima bwe abonye amahano a...
Mu Burundi ibintu biri gufata intera abantu batacyekaga! Perezida w’u Burundi yemeje ko Allain Guillaume Bunyoni atakiri Minisitiri w’Intebe, amusimbuza uwitwa Gervais Ndirakobuca. Ndirakobuca yari as...
Perezida Kagame aherutse kubwira abavuga rikijyana bo mu Karere ka Rusizi no mu tundi tudukikije ko u Rwanda rudashaka ko hari umuntu ufite umugambi wo guhungabanya kimwe mu gihugu ruturanye nabyo war...
Birashoboka ko ari we Perezida wa Repubulika iyo ari yo yose ugaragaye mu murima ari guhingana n’umugore we. Uwo ni Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye wahinganaga n’umugore we bakikijwe n’abat...
Indege izanye umurambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola wagejejwe i Luanda kugira ngo ashyingurwe. Yatabarutse Taliki 08, Nyakanga, 2022 aguye muri Espagne aho yari yaragiye kw...
Nyuma y’imyaka icyenda ingabo z’u Bufaransa ziri muri Mali, kuri uyu wa Mbere iza nyuma zazinze utwangushye zirahava. Abafaransa bakuye ikimwaro muri Mali kubera ko ibyihebe by’Aba Touareg bavugaga ko...
*Abashyigikiye Odinga barakaye, *Ruto avuga ko atazihorera ku bamusebeje *Umwe mu bakozi bakuru ba Komisiyo y’amatora yaburiwe irengero… William Ruto yishimiye ko yatsindiye kuyobora Kenya. Nibwo bwa ...
Urukiko rwa gisirikare muri Myanmar rwakatiye Madamu Aung San Suu Kyi wigeze kuyobora iki gihugu gufungwa imyaka itandatu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha bine bya ruswa yakoze ubwo yayoboraga kiriya gih...
Abaturage bo mu Murwa mukuru wa Sierra Leone witwa Freetown bamaze iminsi bigaragambya basaba Perezida w’igihugu cyabo kwegura kuko Guverinoma ayoboye yananiwe kugabafasha guhangana n’ibibazo bijyanye...








