Kuba Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa ni ikintu bamwe bavuga ko kigiye gutuma u Bushinwa bukomeza kuba igihangange ariko binyuze mu nzi...
Mu buryo butunguranye kandi bwarogoye Inama y’abayobozi bakuru mu ishyaka riri k’ubutegetsi mu Bushinwa, Hu Jintao wigeze kuba Perezida w’iki gihugu yasohowe igitaraganya. Kumusohora byakozwe mu buryo...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko abibwira ko Afurika ituwe n’abantu barazwe kuba abanyabibazo bibeshya. Ngo ntaho ibibazo bitaba bityo icyo abatuye Afurika basabwa ni uguhangana n’ibibazo byab...
Ghana ni kimwe mu bihugu by’Afurika bimaze igihe bifite ubuyobozi buhamye kandi buteza imbere abaturage kurusha henshi muri Afurika. Ituwe n’abaturage barengaho gato Miliyoni 31 kandi ifite amabuye y...
Uyu mugabo wigeze kuyobora Afurika y’Epfo ariko akaza gufungwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusuzugura urukiko rwari rwamutumije ngo aburane ku kirego cya ruswa, yarekuwe nyuma yo kurangiza igihano. ...
Zephanie Niyonkuru wari umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’iterambere yirukanywe mu mirimo. Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu izina rya Perezida wa Repubuli...
Muri Burkina Faso haravugwa ko uwayoboraga iki gihugu witwa Lt Col Paul-Henri Sandaogo Damiba yemeye kuva ku butegetsi ahita ahungira i Lomé muri Togo. Kuva mu mpera z’Icyumweru gishize, nibwo muri ki...
Maître Ndayizeye Sandra( ni umukobwa wa Domitien Ndayizeye) akaba n’umunyamategeko yatawe muri yombi. Asanzwe ari umwe mu bunganira mu mategeko (Avocat) uwahoze ari umuyobozi mukuru w’ibitaro byitwa K...
Hari Taliki 01, Kamena, 2022 ubwo umugabo witwa Arthur Fraser wahoze uyobora Urwego rw’iperereza rw’Afurika y’Epfo yagezaga ikirego mu rukiko arega Perezida Ramaphosa ibintu bikomeye. Fraser yashinja...
Umutwe w’Iterabwoba witwa Islamic State watangarije mu kinyamakuru cyawo kitwa Al-Naba ko watangiye kugaba ibitero muri Benin. Ibi bitero bigamije gutesha umutwe ubutegetsi bwa Patrice Talon uyobora i...









