Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo avuga ko ibikoreshobike mu nkiko zisumbuye n’iz’ibanze biziyongera hagendewe ku mikoro y’igihugu. Intego yabyo ni kugira ngo ubutabera burusheho g...
Oluseguni Obasanjo wigeze kuyobora Nigeria yatangaje ko ibyavuye mu matora yegukanywe na Bola Tinubu byatekinitswe. Ngo ni ibintu bikozwe kandi mu buhanga bwinshi. Dele Alake wari uyoboye ibikorwa byo...
Ubwo yatangazaga uko uturere tw’u Rwanda twesheje imihigo ya 2022-2023, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko Akarere ka Burera ari ko kabaye aka nyuma ndetse n’Intara gaherereyemo y’Amaj...
Amajwi amaze kubarurwa mu Ntara nyinshi za Nigeria aremeza ko Bola Ahmed Tinubu ari we watorewe kuyobora Nigeria. Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo The New York Times na RFI bivuga ko akurikiwe na...
Ibyo imibare y’ibyavuye mu matora ya Perezida wa Nigeria biri kwerekana kugeza ubu( taliki 28, Gashyantare, 2023) birerekana ko Bola Tinubu ari we uri imbere. Asanzwe aba mu ishyaka riri k’ubutegetsi....
Perezida Kagame yabwiye abayobozi ko bagomba gukora ibiramba kandi bikozwe neza. Ngo abantu bagomba gukora neza, bagakora ibiramba kandi bakabikurikirana kugira ngo u Rwanda batazahora basindagizwa. A...
Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yabwiye itsinda ry’inararibonye mu ishyaka riyoboye u Bushinwa ko iki gihugu kigomba gushyiraho uburyo buhamye bwo kwihaza mu ikoranabuhanga ry’ubwoko bwose. Kimwe mu ...
Perezida w’u Rwanda akaba yari ayoboye Ishami ry’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambera, AUDA-NEPAD, yaraye acyebuye ibihugu bikigenda biguru ntege mu gutanga umusanzu wo gushyira mu bikorwa imishi...
Nyuma y’inama yaraye ihuje abakuru b’ibihugu bya EAC yabereye i Bujumbura, hari amashusho yagaragaye yerekana Perezida Tshisekedi aganira n’Umunyakenya uyoboye Ingabo za EAC Force amusaba kwitwararika...
Perezida w’u Burundi akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Evariste Ndayishimiye yatumije inama y’Abakuru b’uyu Muryango iri bubere i Bujumbura. Haribazwa niba mugenzi we Tshiseked...









