Itangazamakuru ryo muri Nigeria no hanze yayo rivuga ko Bola Tinubu uherutse gutorerwa kuba Perezida wa Nigeria yagiye mu Bufaransa mu bitaro biri ahitwa Neuilly-sur-Seine ngo basuzume uko ubuzima bwe...
Volodymyr Zelenskyy yasabye Abanyaburayi kwigana Pologne na Slovakia nabo bakamuha indege z’intambara zigezweho kugira ngo atsinde Abarusiya. Yemeza ko nibidakorwa intambara izamara igihe kirekire. Y...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, abantu bataramenyekana mu buryo bweruye bagabye igitero ku kirombe cy’amabuye y’agaciro kiri muri Centrafrique gihitana Abashinwa icyenda, abandi babiri barakomereka...
Inzego z’ubutabera mu Rwanda zivuga ko akamaro k’ubuhuza mu manza Abanyarwanda baburana, harimo no kuzigama amafaranga yari buzakoreshwe mu manza kuva zitangiye kugeza zirangiye. Imibare itangazwa n’U...
Abasenateri b’u Rwanda babwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko rugomba kumenya amahame remezo ya Leta y’u Rwanda kugira ngo bazayahereho barinda igihugu. Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yasabye ...
Amatora ya Perezida wa FIFA amaze gutorera Gianni Infantino kongera kuyobora FIFA muri Manda y’imyaka ine. Aya matora ari kubera muri BK Arena akaba yitabiriwe n’abantu bakabakaba 2000, baturutse mu ...
Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu mwaka wa 1986. Ku ruku...
Agahinda n’ihahamuka ni byose muri Malawi nyuma y’uko inkubi yiswe Freddy ihitanye abantu bamaze kubarirwa muri 225. Iyi nkubi yatangiye guhuha muri Malawi na Mozambique mu ntangiriro z’Icyumweru kiri...
Abanyamuryango ba FPR -Inkotanyi mu Murenge wa Busasamana uri mu Karere ka Nyanza baherutse guhura bizihiriza hamwe imyaka 35 Umuryango FPR –Inkotanyi umaze ushinzwe. Kimwe mu byo basabye ubuyobozi bu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023, Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Kalinda François Xavier yakiriye mugenzi we wo muri Eswatini witwa Hon. Sen. Pastor Lindiwe Dlamini. Dlamin...









