Perezida Felix Tshisekedi avuga ko ubutabera bw’igihugu cye bwajenjetse cyane none byatumye DRC ibamo akaduruvayo. Tweet yakozwe n’umunyamakuru witwa Daniel Michombero ivugwa mo amagambo Felix Tshisek...
Mu masaha make ashize nibwo Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru w’ibirwa bya Trinidad na Tobago witwa Port of Spain. Yagiye mu nama ihuza Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango CARACOM. Mu magambo...
Imiryango itari iya Leta muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko Perezida w’iki igihugu aha amabwiriza ingabo na Polisi yo kugirira nabi abo yita ku batamwumva. Babitangaje nyuma y’ijambo Tshi...
Nyuma gato y’uko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arangije urugendo yakoreraga Beijing, Perezida Biden yavuze ko mugenzi we uyobora Ubushinwa ari ‘umunyagitugu’. Bid...
Mu madosiye menshi azakurikiranirwa hafi ku isi mu minsi iri imbere, imwe mu yandi akomeye ni ibiganiro bigiye guhuza Amerika n’Ubushinwa, bizibanda ku ugushaka uko ibi bihangange byabana mu bwubahane...
Inama y’Ubutegetsi ya Bank ya I&M Bank Plc iherutse guterana itora ku bwiganze ko Umunyarwanda Benjamin Mutimura ari we muyobozi w’iyi Banki. Azatangira imirimo ye taliki 01, Nyakanga, 2023. Mutim...
Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulika ya Centrafrique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame baganira ku ngingo zirimo uko ibihugu byombi byakomeza guko...
I Ankara muri Turikiya haraye habereye umuhango w’irahira rya Recep Tayyip Erdogan wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu. Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’ibihugu bitabiriye uyu muhango, bamushim...
Mu gihe kitageze ku masaha 42, abantu icyenda baguye mu myigaragambyo yatangijwe n’abashyigikiye Ousmane Sonko utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Macky Sall wakatiwe gufungwa imyaka ibiri. Bavuga ko ubuta...
Kuri uyu wa Kane taliki 01, Kamena, 2023 nibwo amashusho ya Perezida Joe Biden agwa yasakaye ku isi. Yari amaze kuvuga ijambo rishimira ingabo zo mu kirere igihe zimaze ziga. Umuhango wabereye mu kigo...









