Ubuzima bwo mu Burundi burakomeye kubera impamvu zitandukanye ariko ikomeye kurusha izindi ni ubukungu bwifashe nabi cyane. Bwifashe nabi k’uburyo abahanga mu by’ubukungu bavuga ko igihugu kiri kugana...
Hon Nyirasafari Esperance Visi Perezida wa Sena yaraye asohoye ibaruwa ndende yageneye Perezida Kagame usanzwe ari n’Umukuru wa FPR-Inkotanyi amusaba imbabazi z’uko yakoze amahano akitabira umuhango ...
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Brazzaville Dennis Sassou Nguesso bahaye abanyamakuru, bombi bemeje ko ibihugu byombi bifite intego y’ubufatanye mu iterambere ry’Afurika. Perez...
Mu rwego rwo kumushimira umuhati yashyize kandi agishyira mu kubaka ubumwe bw’abatuye Afurika, Perezida Kagame yaraye yambitse mugenzi we uyobora Congo Brazzaville umudali u Rwanda rwise AGACIRO. Yawu...
Denis Sassou Nguesso uyobora Congo Brazzaville ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Iki gihugu gifitanye umubano n’u Rwanda guhera mu mwaka wa 1982. Kuva icyo gihe kugeza ubu ibihugu by...
Amahanga ararebera ikibazo gikomeye kiri ku Birabura Tunisia yanze kwakira ku butaka bwayo, ikabashyira ku bundi butagira nyirabwo aho bari kwicirwa n’inzara. Abo birabura baratakambira amahanga kubat...
Angeline Ndayishimiye, umugore wa Perezida w’u Burundi, araza mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga y’abagore yiswe Women Deliver 2023 Conference. Nubwo ataje mu Rwanda nk’umuntu woherejwe mu butumwa...
Katalin Novák yanditse kuri Twitter ko yishimiye kuba ari we Perezida wa Hungary wa mbere usuye u Rwanda. Ashima uko Abanyarwanda bamwakiriye ariko by’umwihariko uko Perezida wabo yamwikiriye ngo byab...
Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga mugenzi we uyobora igihugu cya Hungary witwa Katalin Novák, Perezida Kagame yavuze ko mu gihe gito kiri imbere u Rwanda ruzafungura Ibiro biruhagarariye i Budapest. Uy...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubufatanye mu bihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo banzuye ko ingabo zabo zizaba zageze muri Repubulika ya Demukarasi muri Nzeri, 2023. Inama yanzuriwe ibi yari iyo...









