Hage Geingob uyobora Namibia yashimangiye ko igihugu cye kitazohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rw’ubutumwa bwo kubungabunga amahoro bwa SADC. Abitangaje hashize igihe git...
Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege i Doha muri Qatar Perezida w’Ubudage witwa Frank Walter Steinmeier yamaze iminota igera kuri 30 ategereje ko hari umuyobozi wo Qatar uza kumwakira yahebye. Ikinyamaku...
Mu kiganiro Perezida wa Israel Isaac Herzog yaraye ahaye BBC yavuze ko abasirikare be basanze kuri umwe barwanyi ba Hamas bishe yari yitwaje igitabo Mein Kampf cya Hitler wakoreye Abayahudi Jenoside....
Ku munsi wa nyuma w’uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. François Xavier Kalinda yagiriraga muri Pakistan, yasinyanye na mugenzi we Muhammad Sadiq Sanjrani amasezerano y’imikorani...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas. Minisitiri ...
Nyuma yo kwakira indahiro y’abayobozi babiri baherutse kujya muri Guverinoma, Perezida Kagame Paul yavuze ko ubuzima bw’igihugu bushingira ku mahitamo. Yavugaga ko iyo abantu bahisemo gukora, bakanga ...
Itangazo ryasohotse mu igazeti ya Leta yatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Nzeri, 2023 rigaragaza ibyo inama y’ubutegetsi y’Urukiko rw’ikirenga yanzuye ku ikoreshwa ry’ingingo z’itegeko ryerekeye...
Ubwegure bwa Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina bwatangajwe nyuma y’uko kandidatire ye yo gukomeza kuyobora iki kirwa kinini kurusha ibindi ku isi yemewe na Kamisiyo y’amatora. Itegeko Nshinga ry...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Ubucamanza bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwataye muri yombi umwe mu basirikare bakuru barinda Umukuru w’igihugu. Afunganywe n’undi uyobora ingabo zikorera i Goma. Bashinjwa uru...









