Gabriel Attal wari usanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yabaye Minisitiri w’Intebe asimbuye Elisabeth Borne waraye weguye. Gabriel Attal afite imyaka 34 y’amavuko. Attal ni Umufaransa uko...
Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra muri iki gihe ari gushaka uko yakwigizayo abacanshuro ba Wagner agatangira gukorana n’ikigo cy’Abanyamerika gicunga iby’umutekano kitwa Bancroft Glob...
Perezida Kagame yaraye abwiye abitabiriye umusangiro yari yateguriye Abanyarwanda n’inshuti zabo ko nta kintu kizakoma imbere iterambere ry’u Rwanda. Avuga ko aho rwageze rujya hasi hari hahagije kugi...
Ubutegetsi bw’i Teheran bwatangaje ko buzihorera mu rupfu rw’Umujerali wabwo witwa Brig. Gen. Seyed Razi Mousavi buvuga ko aherutse kwicwa n’igitero Israel yagabye muri Syria mu bice bituriye Umurwa m...
Abaturage bujuje ibisabwa bagera kuri miliyoni 44 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Iki gihugu gituwe n’abaturage bagera kuri miliyoni hafi 100. Barator...
Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kigendera kuri Demukarasi bityo ko iby’uko cyagombye gufunga Corneille Nangaa uherutse gutangiza ishyaka rirwanya DRC, kitabikora. Avuga ko Keny...
Mu ibaruwa umunyapolitiki Katumbi yanditse akagenera kopi Radio Okapi, yatangaje ko ahagaritse kwiyamamariza kuyobora DRC kubera ko ngo aho agiye kwiyamamaza hose asanga abo ku ruhande rwa Tshisekedi ...
Urukiko rw’Ikirenga rw’Uburundi rwanzuye ko Allain Guillaume Bunyoni wahoze ari Umukuru wa Polisi akaba na Minisitiri w’Intebe afungwa burundu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo n’icyo gushaka guhit...
Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023 nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo bari i...
Perezida wa Guinea Bissau yatangarije BBC ko amasasu aherutse kuvugira mu murwa mukuru yari ay’abantu bashakaga guhirika ubutegetsi ariko biranga. Byabaye ku wa Gatanu ubwo yari yitabiriye inama...









