Nangolo Mbumba niwe warahiriye kuyobora Namibia “by’agateganyo” nyuma y’amasaha make Geingob atabarutse. Nangolo yari asanzwe ari Visi Perezida wa Namibia, Itegeko Nshinga rikamwemer...
Dr Hage Geingob yapfuye mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru azize uburwayi. Yaguye mu bitaro byo mu gihugu cye aho yavurirwaga. Hage Gottfried Geingob yavutse taliki 03, Kanama, 1941. Yari Perezida wa G...
Andrzej Duda uyobora Pologne arateganya gusura u Rwanda mu minsi mike iri imbere. Ubwo azaba ari mu Rwanda azaboneraho no gufungura Ambasade y’igihugu cye mu Rwanda. U Rwanda rwo rufite Ambasaderi war...
Agikandagira mu gihugu cye, Perezida Mamadi Doumbouya yanditse kuri X ko we n’itsinda yari yazanye naryo mu Rwanda bishimiye uko bakiriwe. Asanga kugeza ubu Abanyarwanda n’abanya Guinea ari abavandimw...
Hashize iminota mike Perezida wa Guinea yuriye indege aza mu Rwanda. Ni uruzinduko rugamije ubucuti n’ubuhahirane hagati y’u Rwanda na Guinea. Aje mu Rwanda nyuma y’uko mugenzi we Pa...
Joseph Boakai uyobora Liberia aherutse kunanirwa kurangiza ijambo yagezaga ku baturage kubera ko umutima wari wananiwe. Ni ibyemezwa n’abaganga be. Icyakora ngo ubu ameze neza. Uyu mugabo ugeze ...
Colomel Mamadi Doumbouya uyobora Guinea atagerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane taliki 25, Mutarama, 2024. Uyu musirikare ayobora igihugu giherereye mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’Afurika na...
Mu buryo butunguranye Perezida Wa Liberia Joseph Boakai yananiwe kurangiza ijambo yagezaga ku baturage be nyuma yo kurahirira inshingano ze. Ibyegera bye byahise bimuba hafi, bimufasha kuva ku meza ya...
Amafoto ari kuri X arerekana Perezida Evariste Ndayishimiye yururuka mu ndege yanditseho République Gabonaise, isanzwe ari iya Perezida w’iki gihugu. Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Libreville, Pe...
Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...









