Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...
Perezida wa Repubulika yatangaje ko we n’umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana kandi ko bifatanyije n’umuryango we n’Abanyarwanda bose muri rusange muri i...
Umudepite, ba Guverineri b’Intara na bamwe mu bakora mu itsinda ririnda Umukuru w’igihugu cya Ukraine batawe muri yombi bazira ruswa ubwo bagiraga uruhare mu gutumiza drones z’intambara bakaryaho ‘com...
Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko Afurika atari umugabane warazwe ubukene, ahubwo ko ari ahantu hashobora gutera imbere nk’uko n’abandi babigezeho. Yabivugiye imbere y’urubyiruko rwa Afurik...
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu ruratangiza urubanza Joseph Kabila wahoze ari Perezida aregwamo kugambanira igihugu. Ni urubanza ruri rutangire nyuma y...
Abavuga rikijyana bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo basabye Minisitiri w’ingabo witwa Guy Kabombo Muadiamvita kohereza abasirikare benshi muri iriya Ntara, bakavuga ko bikwiye kuko hatazakomeza kugenzur...
Minisitiri w’abakozi muri Cuba witwa Marta Elena Feitó Cabrera yegujwe nyuma kuvugira mu Nteko ko nta bantu basabiriza baba mu gihugu. Byarakaje benshi ku buryo na Perezida wa Repubulika yamukom...
Byatangiye Tariki 08, Nyakanga, mu nama ikomeye y’umutekano ubwo havukaga impaka hagati ya General Tshiwewe na Lieutenant General Jean-Claude Yav zazamuye umujinya ukomeye hagati yabo. Hari saa ...
Félix Tshisekedi yatangaje ko umubare w’abarasana n’ababigwamo uteye impungenge kuko bibera mu Murwa mukuru, Kinshasa. Hejuru yo kurasana hiyongeraho no kwambura abantu utwabo kandi bikaba...









