Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kuzakatira igifungo cy’imyaka 30 Umunyarwanda Dr.Eugène Rwamucyo ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatu...
Mu mwaka wa 1992 hari taliki 22, Ugushyingo muri Kabaya, ubu ni mu Karere ka Ngororero umuhanga mu by’indimi witwa Dr. Léon Mugesera yahavugiye ijambo ryaje kubiba urwango Abahutu b’intagondwa bagi...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko imwe mu nshingano ze zikomeye ari ukuba hafi abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye bakubakirwa ubushobozi. Ni ubutumwa bukubiye mu i...
Mu Murenge wa Gashonga w’Akarere ka Rusizi hamaze gutabururwa imibiri 1199 y’Abatutsi biciwe kuri Paruwasi ya Mibirizi mu mwaka wa 1994 ubwo Jenoside yakorerwaga muri kariya gace. Gushakisha iriya mib...
Rodolphe Shimwe Twagiramungu umwe mu bana na Faustin Twagiramungu yapfuye afite imyaka 34 y’amavuko. Yari umuririmbi ukizamuka, bikaba bivugwa ko yari yajyanye na bagenzi be kubyina. IGIHE cyandistse ...
Taliki 06, Mata, 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana na mugenzi we w’u Burundi Cyrien Ntaryamira yahanuwe ishyana n’abari bariyirimo bose. Habyarimana na Ntary...
Augustin Ngirabatware wahoze ari Minisitiri muri Guverinoma y’Abatabazi akaza guhamwa n’icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, aherutse kwimurirwa muri gereza yo muri Senegal ngo aharangirize igifungo...






