Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yatangaje ko hari ubwato bunini cyane bw’intambara bwa Leta y’Ubushinwa buri mu mazi buyisatira. Ubu bwato Abashinwa babwise Shandong. Buri mu mazi ari mu bilometero 300 ...
Bimaze kuba inshuro 11 abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bicara ngo batore Perezida w’Umutwe w’Abadepite ariko bikanga! Abo mu ishyaka ry’Aba Republicans nibo biganje muri iyi Nteko ari ni na...
Paul Pelosi ni umugabo wa Nancy Pelosi, usanzwe uyobora Inteko ishinga amategeko ya Amerika. Hari umugabo uherutse kwinjira mu rugo rwabo ashaka gukubita Paul Pelosi inyundo mu mutwe ariko Imana iking...
Itsinda ry’Abadepite bo muri Amerika ryageze Taipei muri Taiwan kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu. Ni igikorwa gishobora gukomeza kurakaza u Bushinwa nyuma y’uko Perezida w’Inteko y’Amerika Nancy Pel...
Amakuru mashya ku mwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan avuga ko ingabo z’u Bushinwa zamaze kugota ikirwa cya Taiwan. Abasirikare b’u Bushinwa bavuga ko bari mu bikorwa bya gisirikare bizama...
Ibyo Abashinwa bari bamaze iminsi basaba Amerika ko itabikora, yabikoze! Nancy Pelosi yageze muri Taiwan , yakirwa na Perezida w’iki gihugu. Guverinoma y’u Bushinwa yari imaze iminsi isaba ko atabikor...
Amakuru mashya ku mwuka mubi hagati y’u Bushinwa n’Amerika bapfa Taiwan avuga ko hari indege za Leta zunze ubumwe z’Amerika zahagurutse mu Buyapani kugira ngo ziherekeze indege Nancy Pelosi arimo. Bit...
Mu gihe imitwe yashyushye kubera impungenge z’intambara ishobora kuvuka hagati y’Amerika n’u Bushinwa bapfa Taiwan, u Bushinwa bumaze gusohora video yerekana ko ingabo zabwo zamaze kwitegura kurasa Ta...
Ibintu biri gufata intera abantu batabikekagaho! Amakuru atangazwa na CNN aremeza ko Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Amerika Nancy Pelosi yiyemeje kujya muri Taiwan n’ubwo u Bushinwa na bamwe mu...
Umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo z’u Bushinwa Gen Wu Qian yavuze ko Nancy Pelosi nasura Taiwan intambara y’u Bushinwa na Taiwan izahita irota. Yatangaje ko ikiguzi iriya ntambara izasaba cyose u Bus...









