Police FC yasezerewe na SC Constantine yo muri Algeria mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ku bitego bibiri kuri kimwe. Umukino wahuje aya makipe waber...
Nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 bikozwe na Rayon Sports, umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC yabwiye itangazamakuru ko abakinnyi be bakoze amakosa, Rayon Sports irabakosora. Ngo muri Football bibaho k...
Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2024, ikipe y’u Rwanda y’Abagore ikina umupira w’amaguru yaraye inganyije na Uganda ibitego 3-3. Hari m...
Nyuma y’inkuru yatambukijwe na Taarifa na bagenzi bacu ba UMUSEKE yatabarizaga ko Kigali Pélé Stadium yahindutse ivumbi kandi itaramara amezi itanu itashywe n’Umukuru w’igihugu, ubuyobozi ...
Ari kumwe na Perezida wa FIFA Gianni Infantino, Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro Stade ya Kigali ndetse ahita ayiha izina rishya ari ryo Pélé Kigali Stadium. Perezida Kagame na Infantino bari ba...
Yabanje kwitwa Stade Régional de Kigali, nyuma yitwa Kigali Stadium none ubu yiswe Péle Kigali Stadium. Bikozwe nyuma y’ubusabe bw’Ishyirahamwe Mpuzamahanga y’Umupira w’Amaguru (FIFA) bwatanzwe na Per...
Abantu bakabakaba 20,000 bitegerejwe kuza gusezera kuri Pele umugabo wabaye indashyikirwa mu mupira w’amaguru mu gihe cye. Umurambo we wazanywe muri Stade iri Rio de Jeneiro kugira ngo abantu bose bab...
Ku myaka 82 y’amavuko, icyamamare birijamwa gikomoka muri Brazil Pele yatabarutse azize cancer y’amara yari imaze iminsi yaramuzahaje. Ni umwe mu bantu bazahora basomwa mu bitabo by’amateka( the anna...
Umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize mu mupira w’amaguru wafashije ikipe y’igihugu cye cya Brazil ari mu bitaro kandi abaganga baravuga ko arembye cyane k’uburyo batamenya igihe azabimaramo. Abaganga ...









