Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha by’iterabwoba maze agahanishwa gufungwa burundu, aho kuba imyaka 25 yahawe n’Urukiko rukuru. Kuri uyu wa 21 Werurwe nibwo ...
Umudepite mu Nteko ishinga amategeko ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Ilhan Abdullahi Omar, yitambitse umwanzuro wasabaga ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba n’Inkiko z’u R...
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ uregwa ibyaha by’iterabwoba yabwiye Ubushinjacyaha ko bwarenze ku masezerano bagiranye akabufasha mu iperereza, asaba urukiko kumugabanyiriza ibihano. Nsabiman...
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha byose aregwa, maze rukamuhanisha gufungwa burundu, hagakurwaho igihano cy’imyaka 25 yahawe n’Urukiko Rukuru. Ubwo ur...
Urubanza mu bujurire kuri dosiye ya Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte alias Sankara na bagenzi babo rurakomeje. Basabirwa n’Ubushinjacyaha guhanirwa gukora icyaha cy’iterabwoba, aho kuba kugira ur...
Urukiko rw’Ubujurire rwemeje ko ruzatumiza abatangabuhamya bashya mu rubanza rwa Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte alias Sankara n’abandi bareganwa uko ari 21, nyuma y’uko abimwe indishyi z’akabab...
Urukiko rw’Ubujurire rwategetse ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba aburanishwa adahari, nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere atarwitabye kandi yaremenyeshejwe umunsi w’urubanza. Urukiko rwat...
Umuryango wa Paul Rusesabagina wakatiwe gufungwa imyaka 25 wavuze ko atazitabira urubanza rwe mu bujurire, biteganywa ko ruzatangira ku wa Mbere tariki 17 Mutarama 2022. Ni ubujurire bwatanzwe n’Ubush...
Leta y’u Burundi yashyikirije u Rwanda abarwanyi 11 b’umutwe w’iterabwoba wa FLN, nyuma y’igihe narwo ruyishyikirije abandi bantu 21 bakekwaho ibyaha bitandukanye. Ni igikorwa cyabereye ku mupaka wa N...
Mu gihe imiryango n’ibihugu bitandukanye bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba arekurwa, habonetse amashusho amugaragaza ashimangira ko ibikorwa bya FLN mu Rwanda yari ab...








