Perezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize aba ahinyuje atyo abavugaga ko yapfuye bikagirwa ibanga. Televiziyo ya Leta...
Mu rwego rwo kwifuriza Abanyarwanda kurangiza neza umwaka wa 2023 no gutangirana imbaraga umwaka wa 2024, Perezida Paul Kagame yaraye asangiye na bamwe muri bo. Uretse ijambo yabagejejeho ribibutsa ib...
Paul Pelosi ni umugabo wa Nancy Pelosi, usanzwe uyobora Inteko ishinga amategeko ya Amerika. Hari umugabo uherutse kwinjira mu rugo rwabo ashaka gukubita Paul Pelosi inyundo mu mutwe ariko Imana iking...
Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezida Paul Kagame yanditseho ko yishimiye intsinzi ya mugenzei we Emmanuel Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa. Emmanuel Macron yaraye ahigitse Marine Le Pen mu ...
Cardinal Antoine Kambanda yayoboye igitambo cya Misa cyo kwibuka nyakwigendera Prof Paul Farmer uherutse gutabaruka azize uburwayi. Mu isengesho rye, Cardinal Kambanda yavuze ko Imana itabura kwibuka ...
Iby’uko Jean Paul Samputu ashaka gushinga umutwe wa Politiki byatangajwe na kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda, kivuga ko uriya muhanzi yabigiriwe mo inama n’abategetsi bo muri Uganda barimo na ...





