Nyuma y’uko bukomwe mu nkokora n’Icyemezo cy’Urukiko rw’u Burayi kitambitse ibyo kohereza abimukira mu Rwanda, Guverinoma y’u Bwongereza yavuze ko igiye kujya ishyira ikimenyetso ku bimukira baza muri...
Mu ijambo yagejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko y’u Bwongereza, Priti Patel ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza yavuze ko n’ubwo Urukiko rw’u Burayi rwita ku burenganzira bwa muntu bwitambitse...
Urukiko rw’u Burayi rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwitambitse icyemezo cyo kuzana abimukira u Bwongereza bwagombaga kuzana mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022. Ngo kubazana birim...
Mu kiganiro cyahuje abakora mu Biro by’Umuvugizi wa Guverinoma ku byo kwakira abimukira, umunyamakuru wa Taarifa yabajije icyo amategeko ateganya ngo abimukira bazaza mu Rwanda bazemerwe ubwenegihugu ...
Alain Mukularinda usanganywe inshingano zo kuvugira Leta y’u Rwanda avuga ko abimukira bazava mu Bwongereza bazagera mu Rwanda mu gihe gito kiri imbere. Avuga ko kubakirana ubumuntu ari inshingano ku...
Umunyamabanga muri Guverinoma y’u Bwongereza ushinzwe umutekano muri kiriya gihugu Madamu Priti Patel nyuma yo gusinya amasezerano y’imikoranire y’igihugu cye n’u Rwanda mu by’abimukira, yashimye ko i...
Itangazamakuru ryo mu Bwongereza rivuga ko hari amakuru aturuka muri Guverinoma ya Minisitiri w’Intebe Borris Johnston avuga ko hari ibiganiro u Bwongereza buri kugirana n’u Rwanda ngo ruzakire abimu...






