Gatera Edmond uvugira Mukura Victory Sports yatangaje ko ikipe avugira yitaguye kuzatsinda Rayon Sports, ikayiha Pasika. Umukino hagati y’aya makipe uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Werurwe, 202...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo. Mbere y’uko asezererwa mu bitaro, Papa F...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis, avuga ko iby’uko ashobora kwegura bizwi n’Imana yonyine. Hari mu kiganiro yahaye The Reuters ku ngingo zitandukanye zirimo n’iy’uko yazibukir...
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ubwandu buri hejuru bwa COVID-19, abanduye benshi baboneka mu Ntara y’Amajyepfo by’umwihariko mu turere twa Huye, Gisagara, Ruhango na Nyaruguru. Iyi minisit...
Kuri uyu wa 04, Mata, 2021 ni umunsi Abakirisitu bibuka izuka rya Yesu/Yezu Kristu uzwi ku izina rya Pasika. Kubera ko uba ari umunsi mukuru, abantu benshi barishimisha kandi muri iki gihe bakaba bash...




