Umuhungu w’intwari y’i Bisesero yitwaga Aminadab Birara, we yitwa Boniface Higiro, yabwiye Taarifa ko kuba hari umuhanda witiriwe Se mu Murwa mukuru w’u Bufaransa ari byiza, ariko ngo ababikoze bazaze...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Mata, 2022 abakinnyi b’ikipe ikomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain barimo Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Draxler bazaza gusura u Rwanda muri gahunda yi...
Youssoupha Mabiki wamenyekanye ku isi ku izina rya Youssoupha azaza gutaramira Abanyarwanda muri Nyakanga, 2022. Azaba yitabiriye Iserukiramuco ryateguwe n’Ikigo Africa in Colors gifatanyije n’ikindi ...
Abantu barenga 100,000 bakoze imyigaragambyo mu Bufaransa bamagana gahunda ya leta yo kubangamira abantu batakingiwe COVID-19, nyuma y’iminsi mike ikomojweho na Perezida Emmanuel Macron ko izashyirwa ...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya siporo Didier Maboko yavuze ko u Rwanda rwizeye ko abana batozwa na Paris Saint-Germain bazavamo abakinnyi beza u Rwanda rwitezeho kuzatuma umupira w’amaguru u...
Nyuma yo kwakirwa muri Paris Saint Germain, ubu Lionel Messi yatangiye imyitozo hagamijwe kureba niba afite ubuzima bwiza bwamufasha imyitozo muri iriya kipe yinjiyemo bwa mbere. Itsinda ry’abaganga b...
Mu gihe habura igihe gito ngo rutahizamu uri mu bakinnyi bakomeye kurusha abandi ku isi witwa Lionel Messi yerekwe abafana b’Ikipe Paris Saint-Gèrmain yo mu Bufaransa, umukinnyi wa Filimi akaba yarige...
Amakuru aturuka i Paris aravuga ko umugabo witwa Antoine Anfré ari we unugwanugwa ko agiye kugirwa Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda. Niyemezwa na Elysée no mu Urugwiro, azaba abaye Ambasaderi w’u Bu...
Nyuma yo kuzuza impapuro za gatanya hamwe n’umuraperi Kanye West, icyamamare Kim Kardashian ubu ari mu rukundo n’umuherwe w’Umwongereza witwa Jamie Reuben. Reuben ni umugabo ufite umutungo ubarirwa mu...
Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, watangaje ko witeguye kwakira Perezida Paul Kagame uri mu Bufaransa mu nama ivuga ku iterambere rya Sudani n’iry’Afurika muri rusang...








