Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Itsinda ryakoraga iperereza ku byaha uwahoze ari umugore wa Perezida Juvénal Habyarimona witwa Agathe Kanziga ryanzuye ko rirangiye. Ryakorwaga ku byaha ashinjwa bir...
Nyuma yo gutozwa n’abakobwa babiri bo muri Paris Saint Germain, Ikipe y’abakobwa, abana bo mu Karere ka Bugesera bavuga ko bifitiye icyizere cyo kuzavamo abakinnyi bakomeye. Gatanazi Jean Guilean ni u...
Paulina Dudek na Oriane Jean-François bari mu Rwanda muri gahunda yo guhugura abana batorezwa muri PSG Academy Rwanda ku by’umupira ariko no gusura ibyiza by’u Rwanda. Bazasura ahantu hatandukanye mu ...
Ikigo gitegura kandi kigatanga ibihembo ku basiganwa mu mdoka zirimo n’izisiganwa muri Formula 1 cyatangaje ko guhemba abitwaye neza muri uyu mukino mu marushanwa azaba mu mwaka wa 2024 bizaber...
Sosiyete y’indege z’u Rwanda zitwara abantu n’ibintu, Rwandair, kuri uyu wa Mbere yatangiye kujya mu Bufaransa mu Murwa mukuru Paris. Ni urugendo izajya ikora ntaho ihagaze. Izajya ijyayo gatatu mu Cy...
Amakipe y’u Rwanda yamaze kugera ku mukino wa nyuma mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 n’icy’abaterengeje imyaka 13 mu irushanwa rihuza amashuri y’Umupira w’Amaguru ya Paris Saint-Germain ku Isi ri...
U Rwanda rwasinyanye na Paris Saint Germain andi masezerano y’imikoranire yo kwamamaza ibyiza byarwo mu mahanga binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda. Ni gahunda izarangira mu mwaka wa 2025. Ni ubufata...
Hari amakuru avuga imwe mu makipe akomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain ishaka kugura Stade nkuru y’u Bufaransa yitwa Stade de France. Iyi stade iri ku isoko ku giciro kitajya munsi ya Miliy...
I Paris no mu yindi mijyi y’u Bufaransa, hari abisilamu bafitiye umujinya umwanditsi witwa Michel Houellebecq bamushinja kuvuga ko batari Abafaransa nk’abandi kandi ko baramutse bagize ubutegetsi mu g...
Sonia Roland wabaye Miss France mu mwaka wa 2000 ari gukorwaho iperereza kubera ibyo ashinjwa byo ‘kwigwizaho’ umutungo mu buryo budakurikije amategeko. Ikinyamakuru kitwa Le Parisien gikorera mu Bufa...









