Ubwo hatahagwa ibikorwaremezo Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere cyubakiye abahoze batuye ahashyizwe Pariki y’Akagera mu Murenge wa Kabare ahitwa Cyarubare, Umuyobozi muri iki kigo ushinzwe ubukera...
Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera buvuga ko inzovu ziyibamo zibayeho neza. Icyakora ngo mu rwego rwo kuzicunga kugira ngo abantu bemenye uko zibayeho n’uko zigenda zimuka, ubuyobozi bw’iyi Pariki bwazamb...
Taliki 10, Kanama, buri mwaka abatuye isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe intare. Iyi nyamaswa ibarirwa mu binyamajanja binini ni inyamaswa yubahwa ku isi kuko iteye ubwoba kubera imbaraga zayo ...
Aba Maasai ni aborozi bakomoka muri Tanzania na Kenya. Muri iki gihe bagiye no mu bindi bihugu kuhashakira ubuzima. Aba baturage basanzwe bazwiho korora inka, bagahora bimuka bajya gushaka ahari urwu...
Kuri uyu wa Mbere taliki 18, Nyakanga, 2022 i Nyandungu hafunguwe Pariki . Ni Icyanya gito kirimo inyamaswa ziciye bugufi ariko zifitiye abatuye umujyi wa Kigali akamaro. Harimo ibiti, ibyatsi, ibiyag...
Umuyobozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ushinzwe iterambere ry’ubukerarugengo Madamy Ariella Kageruka mu kiganiro gito yahaye Taarifa, yavuze ko kuba inkura ya mbere y’umweru yavukiye mu Rwa...
Abakozi bashinzwe kurinda ibinyabuzima muri Pariki y’Akagera bari mu byinshi byinshi nyuma y’uko imwe mu nkura zizanywe mu Rwanda mu mpera z’umwaka ushize ibyaye inkura y’umweru. Inkura z’umweru ni in...
Muri Kigali Convention Center hagiye kubera ikiganiro kiri buhuze abakinnyi ba Paris Saint Germain bamaze iminsi micye mu Rwanda. Muri imwe mu nzu nini iki kiganiro kiri buberemo hari n’abandi bafana ...
Amakuru Taarifa ifite ivuga ko ibyamamare byo muri Paris Saint Germain birimo na myugariro uri mu bakomeye kurusha abandi ku isi, byasuye Pariki y’Akagera. Umwe mu baherekeje bariya bakinnyi yabwiye T...
Umuntu wese waciye mu ishyamba rya Nyungwe yarirangije yibaza igihe ari burisohokeremo akongera kubona inzu, amatungo n’ibindi bintu bisanzwe mu buzima bwa muntu. Ni ishyamba riteye ubwoba kuko urets...









