Uwo ni Cardinal George Pell. Yapfuye afite imyaka 81 y’amavuko. Kimwe mu byo azibukirwaho ni uko yigeze guhamwa n’icyaha cyo gusambanya abana ariko aza kuguhanagurwaho. Yari umwe mu ba cardinals bakom...
Kuva Papa Benedigito XVI yatabaruka, ubu i Vatican haravugwa umugambi wa bamwe mu ba Cardinals bashaka ko Papa Francis yegura. Ni umugambi bivugwa ko bahoranye na mbere ariko bakabangamirwa n’uko Bene...
Umurambo wa Papa Benedigito XVI washyizwe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero iri i Vatican kugira ngo Abakirisitu bamusezereho bwa nyuma mbere y’uko ashyingurwa. Bivugwa ko abantu 100,000 ari bo bazam...
Nyuma y’uko Papa Benedigito XVI atabarutse, ibiro bya Papa Francis byasohoye ifoto y’umurambo we aryamye agaramye yambaye imyenda y’icyubahiro igenewe Papa iyo ari mu bikorwa bikomeye bya Kiliziya. If...
Umuvugizi wa Vatican yatangaje ko Papa Benedigito XVI yapfuye. Itangazo ryo mu Biro bya Papa rivuga ko Papa Benedigito XVI yaguye muri mositeri yabagamo. Yari amaze iminsi arwaye arembye. Joseph Ratzi...
I Vatican hari impungenge z’uko ubuzima bwa Papa Benedigito XVI bushobora kumucika bitewe n’uburwayi bukomeye nk’uko Papa Francis yabitangaje. Joseph Ratzinger ( niwe Papa Benedigito XVI) afite imyak...
Umushumba wa Kiliziya gatulika Papa Francis yahishuye ko mu mwaka wa 2013 ubwo yafataga inkoni y’ubushumba bwa Kiliziya gatulika, yananditse ibaruwa ivuga ko ubuzima niburamuka bumutengushye azegura. ...
Umuvugizi w’Ibiro bya Papa Francis witwa Mgr Ettore Balestrero yatangaje ko Papa Francis azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y’Italiki 31, Mutarama n’Italiki 3, Gashyantare, 2023. Iby’uru...
Papa Francis kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko yirukanye ubuyobozi bukuru bw’Umuryango ushamikiye kuri Kiliziya gatulika witwa Caritas Internationalis( CI) kubera ibirego bihamaze iminsi by’uko abayoboz...
Umunyarwenya uri mu bamamaye kurusha abandi mu Rwanda witwa Papa Sava yasinye amasezerano y’imikoranire na Canal + Rwanda. Niyitegeka Gratien yamenyekanye cyane muri filimi z’uruhererekane zitwa ‘S...








