Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yagiye mu bitaro by’ahitwa Gemelli kugira ngo abaganga bamusuzume barebe uko ubuzima bwe buhagaze. Yaherukaga yo mu mpera za Werurwe, 2023, ubwo yar...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo. Mbere y’uko asezererwa mu bitaro, Papa F...
Cardinal Kambanda Antoine yasabye Abanyarwanda gusengera Nyirubutungane Papa Fransisiko uri mu bitaro. Avuga ko amasengesho y’Abanyarwanda ari ayo gusaba ‘Imana Nyagasani’ ngo amifashe gukira kandi am...
Ikibazo cyo guhumuka nabi cyatumye Papa Francis arara mu bitaro by’i Roma. Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Matteo Bruni avuga ko umukambwe Papa Francis ari mu bitaro kubera uburwayi afite mu mwanya w’ubuh...
Guhera mu Kinyejana cya 11 Nyuma ya Yezu Kristu, Kiliziya Gatulika yari yaraciye iteka ko nta mupadiri wemerewe gushaka umugore. Amateka avuga ko ibyo kudashaka umugore byatangijwe n’Intumwa Paw...
Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo. Mu minsi ishize ubwo igihugu cye cyasurwaga na Papa Francis yagiriwe ic...
Abayobozi bakuru muri Kiliziya gatulika bayobowe na Cardinal Antoine Kambanda bagiye kwakira Papa Francis uri mu ruzinduko i Kinshasa. Abandi bajyanye na Cardinal Kambanda ni Mgr Vincent Harolimana, M...
Mu igare ry’abafite ubumuga, Papa Francis yagezeku kibuga mpuzamahanga cy’I Kinshasa.] Yakiriwe n’abayobozi bakuru ba DRC ndetse n’abo muri Kiliziya gatulika. Papa Francis azasura Repubulika ya Demuka...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko( crime) ...
Intumwa ya Papa Francis muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitwa Mgr Ettore Balestrero yavuze ko ubutumwa Papa Francis azazanira abatuye iki gihugu mu mpera za Mutarama, 2023 buzaba ari ubwo kuba...









