Paul Kagame yanditse kuri X ko u Rwanda rwifatanyije n’amahanga mu kababaro k’urupfu rwa Papa Francis, avuga ko ruzamwibukira ahanini k’ukuba yarasabye imbabazi mu izina rya Kiliziya kubera uruhare ya...
Ku myaka 88 nibwo Papa Francis yatabarutse azize uburwayi yari amaranye iminsi. Asize amateka ko ari we waharaniye uburenganzira bw’abantu babana bahuje ibitsina, akemera ko bashobora no kuba mu...
Musenyeri mukuru w’Umutaliyani akaba asanzwe anenga bikomeye Papa Francis yaciwe muri Kiliziya Gatolika, nkuko byavuzwe n’ibiro bya Vatican bishinzwe inyigisho. Musenyeri mukuru Carlo Mari...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi Papa Francis yasabye amahanga guhora azirikana ubukana Jenoside yakorewe Abatutsi yari ifite kugira ngo hatazagira ahandi haba Jenoside ku isi. Inkuru ya Kinyamat...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yasabye isi yose gusengera ababikira batandatu baherutse gushimutirwa muri Haïti bikozwe na bamwe mu barwanyi b’umwe mu mitwe 3oo yayogoje kuriya g...
Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo y’igihugu y’u Butaliyani Papa Fransisiko yavuze ko abantu bose Imana ibafata kimwe, ko iha umugisha ababi n’abeza bityo ko n’ababana bafite ...
Mu itangazo abapisikopi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo baraye basohoye, banditse ko badashyigikiye icyemezo Papa Francis aherutse kwemeza cy’uko ababana bafite ibitsina bisa bazajya bahabwa...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis ateregejwe i Lisbonne muri Portugal aho ari buhure n’urubyiruko rwaje kumwakira ku munsi mpuzamahanga warugenewe. Ku rutonde rw’ibimujyanye hariho gushishik...
Nyuma y’iminsi icyenda(9) ari mu bitaro kubera kubagwa, Papa Francis yasezerewe kubera ko ubuzima bwe ‘bumeze neza’. Ubwo yasohokaga mu bitaro, yasuhuje abanyamakuru benshi bari baje kumwakira no kug...
Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa amara. Sky News yanditse ko kumub...









