Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Abazi ibivugirwa mu Biro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biri i Yeruzalemu, bemeza ko hari umugambi ufatika w’uko ari hafi gutangaza ko igihugu cye kigiye kwigarurira burundu Intara ya Gaza. Ndetse ...
Minisitiri w’Intebe wa Canada Mark Carney yatangaje ko igihugu cye nacyo kizatanga ko cyemeye ko Palestine iba igihugu kigenga mu buryo bwuzuye. Izaba ibaye igihugu cya gatatu mu bigize ikitwa G...
I New York ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye haraye habereye inama mu muhezo yo gusaba ko ibihugu byose byemeza ko Palestine yigenga byuzuye. Ubufaransa bwari bwarasabye ko itumizwa ntibwasho...
Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushi...
Nyuma yo kuvuga ko igihugu cye gishyigikiye ko Palestine iba igihugu kigenga kandi cyemewe n’amahanga, Perezida Macron yamaganywwe na Amerika na Israel. Aha ariko ni ngombwa kuzirikana ko ubutegetsi b...
Bwa mbere mu mateka ya Palestine, ubuyobozi bwayo bwashyizeho umwanya wa Visi Perezida, intambwe bamwe bavuga ko ari iyo gutegura uzasimbura Mahamoud Abbas. Umuvugizi w’Inama nkuru y’Ishyaka Palestine...
Abantu bane bari barashimuswe n’umutwe wa Hamas umwaka ushize babohowe n’ingabo za Israel zibavanye hagati muri Gaza, mu gitero cyamaze ibyumweru byinshi gitegurwa. Ku baturage ba Israel byabaye ibyis...
Muri Kaminuza nkuru ya Leta ya California yitwa University of California, Los Angeles, ibyari bimaze iminsi ari imyigaragambyo isa n’irimo amahoro, byahinduye isura ubwo abanyeshuri bashyigikiye Israe...









