Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda watangaje ko ugiye gusabira Ubumwe bw’Abakirisitu mu Rwanda. Ni igikorwa cyari gisanzwe gikorerwa mu Mujyi wa Kigali ariko bishobora kuzagurwa bikagezwa no mu matorero ...
Muri Diyoseze ya Cyangugu ahitwa ku Ibanga ry’Amahoro hamuritswe ikibumbano (statue) cyakorewe Padiri Ubald Rugirangoga. Uyu mupadiri yabaye umwe mu bagize uruhare rukomeye mu Bumwe n’Ubwi...
Padiri wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera witwa Gakuba Célestin yagonze abantu yicamo babiri undi arakomereka cyane. Yari atwaye imodoka ya Jeep Toyota Hilux RAE 001I...
Abajura bacunze Padiri wa Paruwasi ya Nkanka mu Karere ka Rusizi ageze hafi ya Kiliziya bamwambura utwo yari afite twose barigendera. Ku bw’amahirwe ye, ntibamukomerekeje cyangwa ngo bamwice. Uy...
Kiliziya Gatolika yatangaje ko yabuze Musenyeri (ni izina ry’icyubahiro) Nayigiziki Nicodème wari umaze gihe mu kiruhuko cy’izabukuru. Yapfuye afite imyaka 94. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uy...
Padiri Charles Hategekimana uyobora ikigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Officiel de Butare avuga ko imikoranire y’ikigo cye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini no kugenzura imyigishirize, NESA, a...
Guhera mu Kinyejana cya 11 Nyuma ya Yezu Kristu, Kiliziya Gatulika yari yaraciye iteka ko nta mupadiri wemerewe gushaka umugore. Amateka avuga ko ibyo kudashaka umugore byatangijwe n’Intumwa Paw...
Umupadiri w’imyaka 40 usanzwe uyobora Ikigo cy’amashuri cyo ku Mayaga kitwa EAV Mayaga ndetse n’Umwarimu ukigishaho w’imyaka 47 baherutse gufatwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rubakurikiranyeho ingengabit...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Polosi y’i Nice Mu Bufaransa yafashe umugabo ikurikiranyeho iterabwoba yakoreye muri Kiliziya iri muri kariya gace. Ni Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Saint-Pierre-d’Ar...
Ibaruwa yanditswe na Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira ivuga ko nyuma yo gutekereza bihagije,akabaza inshuti, abavandimwe n’abandi bapadiri, yafashe umwanzuro wo kuva mu Bupadiri agashaka umugore. Ng...









