Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo wa Leta (PAC), babajije ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda impamvu itubaka inyubako izakorerwamo n’ishami rivura amatun...
PAC yavuze ko ubuyobozi bw’Ikigega gishinzwe kwita ku mihanda, (Road Maintainance Fund) bwatashye Imihanda kitasuzumiwe ubuziranenge ikemezwa ko ikomeye ariko ntitinde kwangirika. Ku ikubitiro iki kig...
Abanyarwanda bakunze kwibaza igikurikiraho iyo Komisiyo y’Inteko ishinzwe iby’umutungo wa Leta, PAC, imaze kumva inzego zagaragajwe mu gukoresha nabi umutungo wa Leta. Ubusanzwe mu cyumba PAC yumviram...
Prof. Jean Bosco Harelimana wigeze kuyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative yohererejwe ubutumwa na Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta ngo a...
Guhera Taliki 05, Nzeri, 2022 abayobozi bakuru b’ibigo bya Leta byagaragaweho gusesagura cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta mu buryo butandukanye, bazatangira kwitaba Komisiyo ishinzwe imikoreshere...




