Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Minisitiri w’Intebe w’u Budage( Chancelier) olaf Scholz yabwiye abasirikare bakuru mu ngabo ze ko igihe kigeze ngo u Budage bube igisirikare gifite ibikoresho bihambaye kurusha ikindi gihugu icyo ari ...
Dmitry Medvedev wahoze uyobora u Burusiya yanditse kuri Telegram ko abafasha Ukraine bayishuka, ko ahubwo yagombye kumva ibyo u Burusiya buvuga niba idashaka kuzasibangana ku ikarita y’isi, ntiyongere...
Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye u Burusiya buk...



