Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1 Igiteye ubwoba kurushaho ...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo ku banyeshuri biga bacumbikirwa. Aba mbere bazagenda kuri iki Cyumweru tariki 09, Mutarama, 2022. I...
Hashize igihe gito abahanga bavuze ko hadutse ubundi bwoko bwa Omicron yihinduranyije. Abahanga babuhaye izina rya Flurona ni ukuvuga impine ihuje Coronavirus n’ibicurane( Flu). Abarwayi b’iyi ndwara ...
Guverinoma y’u Rwanda “yashishikarije” abagenzi binjira mu gihugu kuba barikingije Covid-19 mbere y’urugendo, mu gihe ku bagenzi bava mu gihugu byo ari ihame ko baba barakingiwe byuz...
Mu rwego rwo kureba uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze mu Mujyi wa Kigali, Minisiteri y’ubuzima ifatanyije n’izindi nzego iri gupima abantu 100 muri buri murenge mu mirenge igize Umujyi wa Kigali. Bir...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yaraye abwiye abatuye Isi ko umwaka wa 2022 uzata intangiriro zo gucika ku isi kw’icyorezo COVID-...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi rivuga ko ubwoko bushya bw’icyorezo COVID-19 biswe Omicron bwamaze kugaragara mu bihugu 38 hirya no hino ku isi, ariko ngo amahirwe ni uko nta ...






