Perezida wa Kenya Nyakubahwa William Ruto yamaze kugera mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Aje mu ruzinduko rw’akazi rumara iminsi ibiri. Kenya ifitanye umubano n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye ...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Moussa Faki Mahamat yavuze ko imyigaragambyo imaze iminsi muri Kenya ari ikintu gihangayikishije Afurika muri rusange. Ubuyobozi bw’Afurika yunz...
Raila Odinga yabwiye abamushyigikiye ko bagomba kuzindukira mu myigaragambyo nk’uko babisezeranye. Yababwiye ko nawe ari buze kwitabira imyigaragambyo yo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Werurwe, 2023. Y...
Hari amafoto agaragaza abasore bafite imifuka irimo amabuye. Biyemeje guhangana na Polisi ya ya Kenya nibabuza kwigaragambya nk’uko bamaze iminsi babisabwa n’umuyobozi wabo Raila Odina. Mu...
Abatuye umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi, ntibatuje nk’uko byari bisanzwe kubera ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 20, Werurwe, 2023 ari bwo abashyigikiye Raila Odinga bateganya kwigaragambya....
Perezida wa Kenya William Ruto yahaye gasopo umunyapolitiki Raila Odinga, amusaba guhagarika ibikorwa byo gusaba abantu kwigaragambya kuko ngo nabikomeza nawe bitazabura kumugira ho ingaruka. Hashize ...
Umuyobozi w’ishyaka Azimio la Umoja witwa Raila Odinga yagarutse ku kibuga cya Politiki aho yashinje Perezida Ruto gushyiraho Guverinoma yikanyiza. Ngo ni Guverinoma yatangiye gukora nk’aho igihugu c...
Nyuma y’uko Raila Odinga avuze ko yibwe amajwi ndetse akaregera Urukiko rw’Ikirenga, kuri uyu wa Mbere rwatangaje ko William Ruto ari we watowe n’abaturage ngo abe Perezida wabo. Perezida wa Komisiy...
Uwari umukandida wiyamamarizaga kuyobora Kenya witwa Raila Odinga yatangaje ko atakwemera ibyavuye mu matora kubera ko ngo uwabitangaje yabikoze ku giti cye kandi ngo ibyo ntabyemererwa n’amategeko. I...
Umuvugizi w’abateguraga ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Raila Odinga bavuga ko ubu hashyizweho itsinda ryo kwiga ikiri bukurikireho nyuma y’uko Komisiyo y’Amatora itangaje ko William Ruto ari we wabaye ...









